Uruganda rw’Imyumbati rwa Kinazi rurateganya gukora kugeza ku kigero cya 80%

Ku wa 26 Gicurasi 2026 itsinda riyobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, hamwe n’abagize Komite y’Umutekano y’Intara basuye Uruganda rw’Imyumbati…

Read more →

ABAFITE UBUMUGA BARISHIMIRA UBUSHAKE BWA LETA MU KUBAHA AGACIRO BAKWIYE

Ibi babigaragaje mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga, wizihirijwe mu Karere ka Nyamagabe, aho Nyakubahwa Umunyamabanga wa…

Read more →

ICYUMWERU CYO KURWANYA RUSWA CYATANGIJWE GISAGARA IHIGA ABANDI MURI IYI GAHUNDA.

Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buhagarariwe na Nyakubahwa Guverineri, CG Emmanuel K. GASANA, n'urwego rw'umuvunyi ruhagarariwe n'Umuvunyi mukuru…

Read more →

RUHANGO YATASHYE IMISHINGA Y’ISUKU N’ISUKURA KU BUFATANYE N’ABAFATANYABIKORWA

Intara y’Amajyepfo, yifatanyije n’Akarere ka Ruhango, mu kwizihiza no kwakira ibikorwaremezo bijyanye n’isuku n’isukura bagejejweho ku bufatanye…

Read more →

UMUNSI NGARUKAMWAKA W’ABASORA MU NTARA Y’AMAJYEPFO WARANZWE NO GUSHIMIRA ABASORA KU RUHARE RWABO MU KUBAKA IGIHUGU.

Ku nsanganyamatsiko igira iti, "Dutange imisoro, twiyubakire u Rwanda twifuza, Umunsi Ngarukamwaka w'abasora, wizihijwe kuri uyu wa kane tariki 14…

Read more →

BWANA MUSHAIJA GEOFFREY YAHEREREKANYIJE UBUBASHA N’UMUSIMBUYE KU MWANYA W’UMUNYAMABANGA NSHINGWABIKORWA W’INTARA

Nyakubahwa Guverineri, kuri uyu wa Kane taliki ya 07 Ugushyingo 2019, yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha, hagati y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa…

Read more →

UBUFATANYE BWA LETA N’ABIKORERA MU MAJYEPFO, NI INKINGI MU KUZAMURA IMIBEREHO Y’UMUTURAGE

Ibi byagaragajwe nama ku guteza imbere ufatanye hagati ya Leta n’abikorera mu Ntara y’Amajyepfo, kuri uyu wa kane tariki 07 Ugushyingo 2019,…

Read more →

UKWEZI KWAHARIWE IBIKORWA BYA POLISI KWASOREJWE MU RUHANGO.

Kuri uyu wa 17 Kanama 2019, mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Mwendo hasorejwe ku rwego rw'Igihugu Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Police y'Igihugu…

Read more →

NYAMAGABE BIZIHIJE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’URUBYIRUKO KU RWEGO RW’INTARA.

Mu Karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa 10 Kanama, mu Murenge wa Cyanika, Ubuyobozi bw'Intara bwifatanyije n'Abaturage,  kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga…

Read more →

ICYUMWERU CYAHARIWE ISUKU N’UMUTEKANO CYATANGIJWE MU NTARA Y’AMAJYEPFO

Ku nsanganyamatsiko igira iti: "Intara y'Amajyepfo, haranira u Rwanda rukeye, rutoshye kandi rutekanye".Uyu munsi nk'uko byakozwe n'ahandi mu Turere…

Read more →

UBUYOBOZI N’ABATURAGE BA RWABICUMA BIYEMEJE KUBYAZA UMUSARURO ICYANYA CYAHARIWE UBUHINZI CYA RWABICUMA

Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buhagarariwe na Guverineri, CG Emmanuel K. GASANA, Kuri uyu wa 05 Kanama 2019, bwasuye kandi bugirana inama…

Read more →