Ku wa 26 Gicurasi 2026 itsinda riyobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, hamwe n’abagize Komite y’Umutekano y’Intara basuye Uruganda rw’Imyumbati…
Ku wa 18 Mutarama 2026, mu turere tugize Intara y’Amajyepfo habaye Siporo ya bose. Ku rwego rw’Intara, iki gikorwa cyabereye mu Karere ka Nyanza,…
Ku wa 25 Ukwakira 2025, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yifatanyije n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru, inzego z’umutekano…
Ku wa 15 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Kabagari, Akarere ka Ruhango, habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro ku…
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y’Amajyepfo
Ku wa 22 Nzeri 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva…
Ku wa08-09 Nzeri 2025, Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, ari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo, Vedaste…
Ku wa 05 Nzeri 2025, i Nyaruguru habereye inama rusange isanzwe ya 25 y’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo. Iyi nama yibanze ku…
Ku wa 24 Kanama 2025, habaye igikorwa cy’amasengesho yihariye y’abayobozi bo mu Ntara n’Igihugu, cyateguwe na Rwanda Leaders Fellowship .…
Ku wa 12 Kanama 2025, mu Karere ka Nyanza habereye inama mpuzabikorwa y’Intara y’Amajyepfo, yahurije hamwe ubuyobozi bw’Intara n’Uturere tuyigize. Iyi…
Ku wa 19 Kanama 2025, ku bufatanye na Minisiteri y’Inganda, ku biro by’Intara habereye ibiganiro bigamije ubukangurambaga kuri gahunda y’imyaka itanu…
Ku wa 30 Gicurasi 2025, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, hamwe n’Umuyobozi Mukuru wa RTB, Paul Umukunzi, bayoboye inama…